News
Abivuriza ku Bitaro byo ku rwego rwa kabiri byigisha bya Kibogora (Kibogora Level Two Teaching Hospital) mu Karere ka Nyamasheke bavuze ko kuba begerejwe serivisi yo kubaga abarwayi hifashishijwe ...
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira, wifatanyije n’abaturage b’i Ngororero mu gikorwa cyo #Kwibuka31 yasabye ko irangizwa ry’imanza za Gacaca muri aka Karere ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
U Rwanda rugiye kongera ubushobozi bw’ibigega bizigama ibikomoka kuri peteroli aho bizava kuri litiro miliyoni 66.4 zikoreshwa mu kwezi kumwe gusa bikagera kuri litiro miliyoni 334 zikoreshwa mu mezi ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...
Umunyamabanga Mukuru w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda, yavuze ko mu nshingano aherutse kurahirira azakomereza ku musingi washyizweho w’ubufatanye n’izindi ...
Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi Maj Gen Ramson Godwin Mwaisaka, uri gusoza inshingano ze zo guhagararira Tanzania mu Rwanda. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 2 ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Sena yatabarije abasaga ibihumbi 90 batuye ahashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga ...
Imvura yangije hegitari 15 z’umuceri mu Karere ka Gisagara ...
Uyu mukino wagombaga gukinwa ku wa 15 Werurwe 2025, ariko uza gusubikwa kubera imvura nyinshi yaguye mu Ntara y'Amajyepfo ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results